IMBONERAHAMWE YA SERIVISE ZI- - kamonyi.gov.r · Urwandiko rusaba Urutonde rw’abantu barangije...
Transcript of IMBONERAHAMWE YA SERIVISE ZI- - kamonyi.gov.r · Urwandiko rusaba Urutonde rw’abantu barangije...
Kamonyi, Kanama 2014
IMBONERAHAMWE YA SERIVISE ZI-TANGWA N’AKARERE KA KAMONYI
Serivise zitangirwa ku Karere
2
ISHINGIRO N’IKIGAMIJWE N’IYI NYANDIKO
Iyi nyandiko ishingiye ku ihame ryo gutanga serivisi nziza ku baturage ku rwego rw’Akarere.
Akarere ni rumwe mu nzego z’imitegekere y’Igihugu cy’u Rwanda. Inshingano z’Akarere zigenwa
n’Itegeko Nº 87/2013 ryo kuwa 11/09/2013 rigena imitunganyirize n’imikorere y’inzego
z’imitegekere y’Igihugu zegerejwe abaturage.
Iyi nyandiko izifashishwa nka bumwe mu buryo bwo kunoza imitangire myiza ya serivisi. Izafasha
abatanga n’abahabwa serivisi kugira imyumvire imwe ku mitangire inoze ya serivisi. Ibyo bizatuma
Abaturage bamenya neza urutonde rwa serivisi bahabwa ku rwego rw’Akarere, aho serivisi
itangirwa n’umukozi cyangwa abakozi babishinzwe, ibyo usaba serivisi agomba kuba yujuje, igihe
agomba kuba yayiherewe cyangwa yasubirijwe ibyo yifuza ku buyobozi, n’uburyo yakoresha kugira
ngo amenyekanishe ko atishimiye serivisi yahawe. Guhabwa serivisi nziza kandi ku gihe ni
uburenganzira bw’Umuturage igihe yujuje ibisabwa.
Akarere kagomba kubahiriza ibikubiye muri iyi nyandiko, guhora gashishikajwe n’uko serivisi
zihabwa abaturage zarushaho kuno ga no kumenyekanisha impinduka zakozwe kuri iyi nyandiko
zigamije korohereza Abaturage guhabwa serivisi.
Iyo utishimiye ubufasha wahawe ushobora kubimenyesha Umunyabanga Nshingwabikorwa
w’Akarere, Abayobozi Bungirije b’Akarere, Umuyobozi w’Akarere cyangwa Inama Njyanama
3
1. UBUTAKA
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gusaba
icyangombwa
cyo gukodesha
ubutaka by’igihe
kirekire
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Impapuro zarihiweho
amafaranga asabwa
Icyangombwa cy’agateganyo
Igishushanyo cy’ubutaka (deed
plan).
Inyandiko yemeza ko ubutaka
ari ubwawe koko
Kubatari bahari mu gihe
cyo kwandikisha ubutaka:
5.000 Frw ya kwandikisha
ubutaka;
10.000 Frw
by’igishushanyo
cy’ubutaka (deed plan).
Kubataratanze amakuru
ahagije ariko bafite
nomero y’ubutaka:
Niba utarararishye 1.000
Frw yasabwaga, uriha
5.000 Frw
Ibyumweru 2
kugera kuri 3
Gusaba
igishushanyo cy’
ikibanza (deed
plan)
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Kopi y’icyangombwa cy’ubutaka.
Icyemezo cy’uko ubutaka ari
ubwawe gitangwa n‘umurenge
(Iyo ari gusaba icyangombwa
cy’ubutaka ubwacyo)
10.000 Frw y’igishushanyo
cy’ubutaka (deedplan)
Icyumweru
kimwe nyuma
yo gusura
ubutaka
Kwegurira undi
umutungo
utimukanwa
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Icyangombwa cy‘ubutaka
Amasezerano y‘ubugure
Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
20.000 Frw yo
guhererekanya ubutaka;
2.000 Frw yo kwemeza
inyandiko mpamo;
5.000 Frw y’icyangombwa
cy’ubutaka gishya.
Nyuma
y’ibyumweru 2
Guhindura icyo
ubutaka
bwagenewe
gukoreshwa
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Icyangombwa cy‘ubutaka
Kuzuza ifishi n° 27
Impapuro zishyuriweho
5.000 Frw Icyumweru 1
Gusaba
icyangombwa
cy’ubutaka
gisimbura
icyatakaye
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Inyandiko y’itangazo ryaciye
kuri radiyo (kitansi y’itangazo na
kopi yaryo)
Gusinya indahiro imbere ya
Noteri w’ubutaka
Kuzuza ifishi n° 29
2.000 Frw Icyumweru 1
Gutanga no
gutiza ingwate
muri banki
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Icyangombwa cy’ubutaka
(orijinari)
Irangamuntu y’ushaka gutanga
ingwate (ubutiza, n’ubuhawe)
2.000 Frw Uwo munsi
Gukemura
amakimbirane
ashingiye ku
butaka
Umukozi
ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Raporo y’uko ikibazo
cyacyemuwe n’Umurenge
Uhabwa umunsi wo gusurwa aho
ikibazo kiri bitarenze icyumweru.
Ntayo Igisubizo
kiboneka
umunsi wo
gusura
4
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE
NTARENGWA
Gusaba uruhushya rwo
gushyiraho ibyapa
byamamaza
n’ibimenyetso
ndangahantu
Umukozi ushinzwe
ibikorwa remezo
(OSC)
Ibaruwa isaba yandikiwe
akarere
Aho icyapa kigomba
gushyirwa harasurwa
2.000 Frw kuri m2
y’icyapa Mu minsi 7
Gusaba uburenganzira
bwo kubaka inzu
Umukozi ushinzwe
ubutaka
Ibaruwa isaba
uburenganzira bwo kubaka
yandikiwe Akarere (kopi 2)
Igenagaciro ka buri gikorwa
(devis)
Igishushanyo cya A0 cy’inzu
(kopi 2)
Igishushanyo cya fose
sebutike (kopi 2)
Igishushanyo kigaragaza
aho ikibanza giherereye
(kopi 2)
20.000 Frw: Ubuso
butarengeje 0 - 100 m2
40.000 Frw: Ubuso
bungana na 100 -500
m2
60.000 Frw: Ubuso buri
hejuru ya 500 m2
3.000 Frw: Extrait
Cadastrale
10.000 Frw: Gukorerwa
igishushanyo cy’ubutaka
(fiche cadastrale)
Iminsi 15
Gusaba uruhushya rwo
kubaka umunara
w’itumanaho
Umukozi ushinzwe
ubikorwaremezo
Ibaruwa ibisaba yandiwe
Akarere
Amasezerano yo kugura
ubutaka
Igishushanyo cy’ubutaka
(fiche cadastrale)
Ibishushanyo byerekana
inyubako bu buryo
burambuye
Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
Amahoro yo kubaka
n’ubukode bw‘ubutaka
Icyumweru
1
Gusaba uruhushya rwo
gukorera mu nyubako
nshya
Umukozi ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Wandikira Akarere
cyangwa ukiyizira
gusobanura ikifuzo cyawe
Ntayo Icyumweru
1
Gufasha mu kubona
amazi n’amashanyarazi
Umukozi ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Wandikira Akarere
cyangwa ukiyizira
gusobanura ikifuzo cyawe
Ntayo Iminsi 7
Gukemura ibibazo
bijyanye
n’ibikorwaremezo
Umukozi ushinzwe
kwakira
abagana OSC
Wandikira Akarere
cyangwa ukiyizira
gusobanura ikibazo uko
giteye;
Akarere gasura aho ikibazo
kiri
Ntayo Iminsi 7
Gusaba kwishyurwa
serivisi ba
rwiyemezamirimo
bahaye Akarere (works)
Umukozi ushinzwe
ubikorwaremezo
Wandikira Akarere
ukomekayo impapuro
zishyuza Ntayo Iminsi 7
2. IBIKORWAREMEZO
5
3. IBIDUKIKIJE
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE
NTARENGWA
Gusaba uruhushya
rwo gucukura
amabuye y’agaciro
cyangwa kariyeri
Umukozi
ushinzwe
Ibidukikije
Mbere yo gusaba
uruhushya, ugomba kubanza
gushakisha amakuru y’aho
amabuye y’agaciro yaba
aboneka.
Wandikira
umunyamabanga
nshingwabikorwa
w’umurenge, nawe
akabimenyesha Akarere
Amabuye y‘agaciro (arihwa
kuri konti ya MINIRENA):
50.000 Frw yo
Kurambagiza:;
Gukora ubushakashatsi:
100.000 Frw;
Ubucukuzi: 150.000 Frw
Kariyeri ya 1 ha cyangwa
munsi (arihwa Akarere):
Amafaranga y‘ ingano
y‘ahacukurwa
Amafaranga y‘isuku
Amafaranga y‘ipatanti
Icyumweru 1
4. AMASHYAMBA
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gutanga uburenganzira bwo
gusarura ishyamba rirengeje
Ha1
Umukozi ushinzwe
amashyamba Kurindira imyaka 2 iyo muri 20m
hari irindi shyamba ryahasaruwe Ntayo
Uwo munsi
nyuma yo
gusurwa
Guhabwa uburenganzira bwo
gutwara ibikomoka ku
mashyamba
Umukozi ushinzwe
amashyamba
Icyangombwa cyo gusarura (iyo
byaguzwe, nyir’ukubigurisha
aha ubiguze kopi y’iruhushya
rwo gusarura)
Uruhushya rugakoreshwa gusa
ku bikomoka ku mashyamba
rwatangiwe byonyine
2.000 Frw Uwo munsi
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA YISHYURWA IGIHE
NTARENGWA
Guhabwa
inyongeramusaruro
Umukozi ushinzwe
ubuhinzi
Ntabyo Inyongeramusaruro
zishyarwa n’umuhinzi 50%
by’agaciro kazo
Uwo munsi
Guhabwa ubufasha ku
mushinga w'ubuhinzi
Umukozi ushinzwe
ubuhinzi
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
5. UBUHINZI
6
6. UBWOROZI
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Guhabwa icyemezo
cyo kwimura
amatungo
Umukozi ushinzwe
ubworozi
Icyemezo cy’umurenge kiriho
ibiranga itungo
Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
Indangamuntu ya nyiraryo
Hagati ya 1.500
Frw na 2.000 Frw
Uwo munsi
Guhabwa icyemezo
cyo gutwara
ibikomoka ku
matungo hagati mu
gihugu
Umukozi ushinzwe
ubworozi
Icyemezo cy’umurenge kiriho
ibiranga ibikomoka ku
matungo
Impapuro zishyuriweho
amafaranga asabwa
Indangamuntu ya nyirabyo
Hagati ya 1.500
Frw na 2.000 Frw
Uwo munsi
Guhabwa inama ku
mushinga w'ubworozi
Umukozi ushinzwe
ubworozi
Ibaruwa isobanura uko
umushinga uteye, nyirawo, aho
ukorerwa, etc.
Ntayo Usurwa mu
cyumweru kimwe
umaze kwandika.
Igisubizo
ugihabwa mu
minsi 4 nyuma yo
gusurwa.
Kugurisha intanga Umukozi ushinzwe
ubworozi
Ubisaba agomba kuba afite
uruhushya rwa RAB rwo gutera
intanga nk’uwikorera
Impapuro zishyuriweho
amafaranga yo kugura
intanga
Igiciro cy’intanga
gishyirwaho na
RAB
Uwo munsi
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gutega amatwi ufite
ikibazo
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
Inzandiko z’imyanzuro
yafashwe n’izindi nzego
kuri icyo kibazo
Ntayo Uwo munsi
Guhabwa inama mu
guhinduka
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
Impapuro zijyanye
n’ikibazo iyo zihari
Ntayo Uwo munsi
Guhabwa ubufasha ku
utishoboye
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
Kuba uri mu cyiciro cya 1
na 2 by‘Ubudehe
Ntayo Uwo munsi
Gusinyirwa ku barangije
neza igihano
nsimburagifungo “TIG”
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
Icyemezo cy’iminsi yakoze Ntayo Uwo munsi
Guhabwa icyemezo ku
wafunzwe ariko akaba
akora TIG
Umukozi ushinzwe
Imibereho Myiza
Uzana icyemezo cyo
gufungurwa gitangwa na
gereza wafungiwemo.
Ntayo Iminsi 2
7. IMIBEREHO MYIZA
7
8. UBUZIMA
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gusaba
kwemererwa
gukora ubuvuzi
bwa gakondo
Umukozi ushinzwe
Ubuzima
Ibaruwa yandikiwe Minisitiri w’Ubuzima
Indangamuntu
Icyemezo gitangwa na IRST kigaragaza
amoko y‘ibyatsi bizakoreshwa
Icyemezo gitangwa n’Umurenge
n’Akagari uzakoreramo
Ntayo Iminsi 15
Gusaba
gufungura
ivuriro ryigenga
Umukozi ushinzwe
Ubuzima
Ibaruwa yandikiwe Minisitiri w’Ubuzima
iriho umukono z’umuyobozi w’Akarere
(sous-couvert)
Indangamuntu
Icyemezo gitangwa n’Umurenge
n’Akagari uzakoreramo
Kopi y’impamyabumenyi ya A1 ku
baforomo na A0 kubaganga
Ntayo Iminsi 15
Gusaba
gufungura
farumasi
Umukozi ushinzwe
Ubuzima
Ibaruwa yandikiwe Minisiteri y’Ubuzima
iriho umukono w’umuyobozi w’Akarere
(sous-couvert)
Indangamuntu
Kopi y’impamyabumenyi muri farumasi
y’umuntu uzakorera muri iyo farumasi
Ntayo Iminsi 15
9. UBUREZI
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gusaba uruhushya rwo gufungura ikigo
cy’amashuri
Umukozi ushinzwe
Uburezi Inyandiko ibisaba yemejwe
n’Umurenge
Inyandiko y‘umushinga irambuye
Ntayo Mu mezi
atatu
Gusaba guhindurirwa
ikigo cy’ishuri
Umukozi ushinzwe
Uburezi Ibaruwa isaba
Inyemezamanota y’ikigo wigamo Ntayo
Ukwezi
kumwe
Gusaba akazi
k’ubwarimu
Umukozi ushinzwe
Uburezi Urwandiko rubisaba
Impamyabumenyi iriho umukono wa
noteri
Ifishi yujuje ya Komisiyo y’abakozi
ba Leta
Ntayo
Icyumweru kimwe kugeza ku
kwezi
Gusaba inkunga
y’uburezi
Umukozi ushinzwe
Uburezi Urwandiko rubisaba ruriho umukono
w’Umurenge
Icyemezo cy’uko utishoboye
Indangamanota yatanzwe n’ishuri
wigamo
Ntayo Icyumweru
kimwe
Icyemezo cyo kuba warize gusoma no
kwandika
Umukozi ushinzwe
Uburezi Urwandiko rusaba
Urutonde rw’abantu barangije amahugurwa yo gusoma no
kwandika
Ntayo Icyumweru
kimwe
8
10. URUBYIRUKO
SERIVISE ITANGWA UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Uburenganzira bwo gukoresha
amarushanwa ya siporo ku rwego
rw’akarere
Umukozi ushinzwe
Urubyiruko
Ibaruwa ibisaba Ntayo Iminsi 15
11. UBUYOBOZI BW’IMIRIMO N’ABAKOZI
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Kwakira no kuyobora
abagana akarere
Umukozi ushinzwe
kwakira abagana
Akarere
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Kohereza inyandiko
zisubiza abandikiye
Akarere
Ubunyamabanga
rusange (secretariat
central)
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Kubara no gutanga
ibirarane by‘amashimwe
Umukozi ushinzwe
abakozi Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Kubara no gutanga
imperekeza
Umukozi ushinzwe
abakozi
Urwandiko rubisaba,
Icyemezo cy‘amavuko,
Ibyemezo by’aho wakoze
n’igihe wahamaze,
Abakozi bashobora kuzana
amakuru yo muri RSSB iyo
badashobora abakoresha
babo ba mbere
batabonetse.
Ntayo Iminsi 3
Kubara no gutanga
impozamarira
Umukozi ushinzwe
abakozi
Kwandikira Akarere usaba
impozamarira
Icyemezo cy’urupfu,
Icyemezo cy’umurimo
kerekana igihe yatangiriye
akazi, cyangwa icyemezo
cy’urukiko iyo kitabonetse
Ntayo Iminsi 3
Guhabwa ibyangombwa
binyuranye
Umukozi ushinzwe
abakozi
Inyandiko iriho umukono
y’umuyobozi w’ishuri
(abarimu) cyangwa
Umunyamabanga
nshingwabikorwa (mu
mirenge)
Ntayo Uminsi 1
Guhuza akarere n'izindi
nzego zikagana
Umukozi ushinzwe
kwakira abagana
Akarere
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Guhabwa kopi y’inyandiko
zabitswe mu gihe zisabwe
Umukozi ushinzwe
gushyingura inyandiko Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Guhabwa ibendera
ry'igihugu
Umukozi ushinzwe
logistic Ntabyo 3.000 Frw Uwo munsi
9
12. AMASOKO YA LETA
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Guhabwa ibitabo
by'ipiganwa
Umukozi ushinzwe
amasoko
Isoko rigomba kuba
ryaratangajwe ku
mugaragaro
Kwishyura amafaranga
y’igitabo cy’isoko
Amafaranga
asabwa
mw’itangazo
ry’ipiganwa
Uwo munsi
Guhabwa ubufasha
n’inama ku mitangire
y’amasoko
Umukozi ushinzwe
amasoko
Ntabyo
Ntayo Uwo munsi
Kwakira inyandiko
z’ipiganwa
Umukozi ushinzwe
amasoko
Ntabyo Ntayo Uwo munsi
Kumenyesha
abapiganwe ibyavuye
mu isesengura
ry‘ipiganwa ry’amasoko
Umukozi ushinzwe
amasoko
Kuba waratanze inyandiko
ipiganirwa isoko ku gihe kandi
ikacyirwa n’Akarere Ntayo
Iminsi 21
nyuma yo
gufungura
isoko
Gusinyisha amasezerano
ku batsindiye amasoko
Umukozi ushinzwe
amasoko
Kuba waratsindiye isoko kandi
ugahabwa urwandiko
ruguhamagarira kuza gusinya
amasezerano, kandi ugatanga
garanti iyo isabwa.
Ntayo
Uwo munsi ku
itariki
yemejwe
Gutanga icyangombwa
cyo kurangiza imirimo
neza
Umukozi ushinzwe
amasoko
Kuba warangije imirimo yose
iri mu masezerano y’isiko
kandi warubahirihe ibisabwa
byose
Ntayo Umunsi umwe
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gusaba gusubizwa
amafaranga y’ikirenga ku
musoro
Umuyobozi
Ushinzwe Imari
Ibaruwa yandikiwe
Umuyobozi w’Akarere;
Impapuro za banki Ntayo Iminsi 3
Guhabwa amakuru ku
misoro n'uko ibarwa
Umukozi ushinzwe
kwakira imisoro
n’amahoro
Impapuro wifuza ko
bakugiraho inama mu
kubara imisoro cyangwa
amahoro
Ntayo Uwo munsi
Guhabwa impapuro
zakatiweho imisoro ya
RRA
Umucungamari
w‘akarere
Amasezerano wagiranye
n’akarere n’inyemezabuguzi
wishyuriweho
Ntayo Uwo munsi
Guhabwa impapuro
zishyuriweho
Umucungamari
w‘akarere
Amasezerano wagiranye
n’akarere n’inyemezabuguzi Ntayo Uwo munsi
13. KWAKIRA IMISORO N’AMAHORO
10
15. KOPERATIVE
14. UBUGENZUZI BW’IMIRIMO
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA IGIHE NTARENGWA
Kwakira no gukemura
amakimbirane ashingiye ku
murimo ku bikorera
Umugenzuzi
w’imirimo
Amasezerano
y’akazi
Ntayo Icyumweru 1
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA IGIHE NTARENGWA
Guhabwa
icyemezo cya
koperative
Umukozi ushinzwe
amakoperative
Idosiye isaba
yagenzuwe kandi
ikemerwa
n’Umurenge
Amafaranga
asabwa
atangirwa ku
murenge
Icyumeru 1 kugera kuri 2 ku
cyangombwa cy‘agateganyo
Ukwezi 1 ku cyangombwa cya
burundu gitangwa na RCA
SERIVISE UBISHINZWE IBISABWA AMAFARANGA
YISHYURWA
IGIHE
NTARENGWA
Gusaba guteza
cyamunara imitungo
yatanzweho ingwate
muri Banki
Notari
n’Umunyamaganga
Nshingwabikorwa
b’Akarere
Ntabyo Ntayo Mu minsi 7
Gusaba gushyira
umukono ku
masezerano y’ubugure
Notari w’Akarere Amasezerano y’Ubugure
Impande zose zigomba
kuba zihari
Kwishyura amahoro
asabwa
2.000 Frw ku buri
masezerano
(ntabwo ari kuri buri
rupapuro)
Mu minsi 7
Gusaba gushyira
umukono ku
masezerano
y’inguzanyo yatanzwe
na Banki
Notari w’Akarere Amasezerano y’inguzanyo
Impande zose zigomba
kuba zihari
Kwishyura amahoro
asabwa
2.000 Frw ku buri
masezerano
(ntabwo ari kuri buri
rupapuro)
Uwo munsi
Gusaba gushyira
umukono kuri stati
y’amashyirahamwe,
amakoperative
n’imiryango itegamiye
kuri Leta
Notari w’Akarere Sitati
Abanyamuryango bose
bagomba kuba bahari
5.000 Frw kuri buri
sitati (ntabwo ari
buri rupapuro)
1.200 Frw kuri buri
rupapuro rw’izindi
nyandiko zometse
kuri sitati
Uwo munsi
Kugira inama
abaturage mu
by‘amategeko
Notari w’Akarere
Ntabyo Ntayo
Uwo munsi,
keretse iyo
bisaba
umwanya wo
kubyigaho
16. NOTERI